IMYANYA 27 Y’AKAZI MU KARERE KA NYAMASHEKE : ( Deadline : 17 January 2019)
ITANGAZO RY’AKAZI
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bushaka gutanga akazi ku bakozi b’igihe gito bagengwa namasezerano y’umurimo (Under contractual staff):
AKAZI MU KARERE KA NYAMASHEKE : UMUCUNGAMUTUNGO W’IKIGO CY’URUBYIRUKO CY”AKARERE : ( Deadline : 17 January 2019)
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bushaka gutanga akazi ku bakozi b’igihe gito bagengwa namas
zerano y’umurimo (Under contractual staff):
Umwanya: Umucungamutungo w’ikigo cy’urubyiruko cy”akarere (Comptable au maison des jeunes)
Umubare : 1
Ibisabwa
Kuba ari Umunyarwanda
Kuba afite impamyabushobozi /impamyabumenyi ya kaminuza mu bijyaye n’Icungamutungo (A0 Accounting);
Kuba atarigeze yirukanwa mu kazi ka Leta
NB: Amasezerano y’umurimo kuri iyi myanya y’akazi ni ay’igihe cy’amezi atatu (3) ashobora kongerwa mu gihe umukoresha abonye ari ngombwa
Dosiye isaba akazi igomba kuba igizwe nibi bikurikira :
-Ifishi isaba akazi yujujwe neza iboneka ku rubuga rwa komisiyo y’abakozi ba leta www.psc.gov.rw
-Fotokopi y’impamyabumenyi/impamyabushobozi yasabwe ku mwanya w’umurimo itariho umukono wa noteri
-Fotokopi y’indangamuntu
Abakandida babyifuza kandi bujuje ibisabwa bagomba kug
za dosiye isaba akazi mu Bunyamabanga rusange bw’Akarere, bitarenze kuwa kane tariki ya 17/01/2019 i saa kumi n’imwe z’umugoroba (17:00).
IMYANYA 13 Y’AKAZI MU KARERE KA NYAMASHEKE : ABAKOZI BAZAKURIKIRANA IKORWA RY’IMISHINGA Y’AMATERASI NDINGANIRE N’ABAKURIKIRANA AMATERASI Y’IKORA : ( Deadline : 17 January 2019)
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bushaka gutanga akazi ku bakozi b’igihe gito bagengwa namasezerano y’umurimo (Under contractual staff):
Umwanya : Abakozi bazakurikirana ikorwa ry’imishinga y’amaterasi ndinganire (Radical terraces) n’abakurikirana amaterasi y’ikora (Progressive terraces):
Umubare : 13
Ibisabwa
Kuba ari Umunyarwarida
Kuba afite impamyabushobozi/impamyabumenyi y’amashuri atandatu yisumbuye mu birebana n’Ubuhinzi (A2 agricole);
Kuba atarigeze yirukanwa mu kazi ka Leta
Kuba azi kuvuga neza ururimi rw’ikinyarwanda kuko azaba akorana nabaturage umunsi ku wundi.
NB: Amasezerano y’umurimo kuri iyi myanya y’akazi ni ay’igihe cy’amezi atatu (3) ashobora kongerwa mu gihe umukoresha abonye ari ngombwa
Dosiye isaba akazi igomba kuba igizwe nibi bikurikira :
-Ifishi isaba akazi yujujwe neza iboneka ku rubuga rwa komisiyo y’abakozi ba leta www.psc.gov.rw
-Fotokopi y’impamyabumenyi/impamyabushobozi yasabwe ku mwanya w’umurimo itariho umukono wa noteri
-Fotokopi y’indangamuntu
Abakandida babyifuza kandi bujuje ibisabwa bagomba kugeza dosiye isaba akazi mu Bunyamabanga rusange bw’Akarere, bitarenze kuwa kane tariki ya 17/01/2019 i saa kumi n’imwe z’umugoroba (17:00).
IMYANYA 13 Y’AKAZI MU KARERE KA NYAMASHEKE : ABAKOZI BAZAKORA IBIKORWA BYO GUHEMBA ABAGENERWABIKORWA MURI SYSTEM YA MEIS : ( Deadline : 17 January 2019)
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko bushaka gutanga akazi ku bakozi b’igihe gito bagengwa namasezerano y’umurimo (Under contractual staff):
Umwanya: Abakozi bazakora ibikorwa byo guhemba abagenerwabikorwa muri system ya MEIS (Public Works Technician Assistant)
Imyanya : 13
Ibisabwa
Kuba ari umunyarwanda
Kuba afite impamyabushobozi/ lmpamyabumenyi y’amashuri atandatu yisumbuye mu birebana n’ikoranabuhanga (A2 Computer Science);
Kuba atarigeze yirukanwa mu kazi ka Leta
NB: Amasezerano y’umurimo kuri iyi myanya y’akazi ni ay’igihe cy’amezi atatu (3) ashobora kongerwa mu gihe umukoresha abonye ari ngombwa
Dosiye isaba akazi igomba kuba igizwe nibi bikurikira :
-Ifishi isaba akazi yujujwe neza iboneka ku rubuga rwa komisiyo y’abakozi ba leta www.psc.gov.rw
-Fotokopi y’impamyabumenyi/impamyabushobozi yasabwe ku mwanya w’umurimo itariho umukono wa noteri
-Fotokopi y’indangamuntu
Abakandida babyifuza kandi bujuje ibisabwa bagomba kugeza dosiye isaba akazi mu Bunyamabanga rusange bw’Akarere, bitarenze kuwa kane tariki ya 17/01/2019 i saa kumi n’imwe z’umugoroba (17:00).
Kindly Note
All Jobs and Opportunities Published on mucuruzi.com are completely free to apply. A candidate should never pay any fee during the recruitment Process. Even if mucuruzi.com does its best to avoid any scam job or opportunity offer, a job seeker or an opportunity seeker is 100% responsible of applying at his own risk.
Check well before applying, if you doubt about the eligibility of any offer do not apply and notifie to mucuruzi.com via this email: mucuruzi2016@gmail.com and remember to never pay any fee to have a job or get any opportunity, if you do so, do it at your own risk.