
Imyanya y’akazi 24 y’ibiraka ku bantu batandukanye barangije secondaire (Deadline: 05 October 2018)
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo buramenyesha abantu bose babyifuza kandi
babifitiye ubushobozi ko bushaka gutanga akazi ku bakozi b’igihe gito bagengwa
n’amasezerano y’umurimo (Under contract staff):
- Abakozi bazakurikirana isanwa ry’imihanda (Rehabilitation earth road) izakorwa
n’abaturage: 15
Usaba akazi agomba kuba yujuje ibi bikurikira:
Kuba ari Umunyarwanda;
Kuba afite impamyabushobozi/ impamyabumenyi y’Amashuri atandatu Yisumbuye muri
rimwe mu mashami akurikira:
* <<Travaux public>>;
.:. <<Construction>>.
Kuba atarigeze akatirwa n’inkiko igihano cy’igifungo cy`amezi atandatu no hejuru
yacyo;
Kuba atarigeze yirukanwa mu kazi ka Leta;
Kuba azi gukoresha mudasobwa nibura <<Word>> na <<Excel>>.
Kuba ari indakemwa mu mico n’imyifatire;
Kuba azi kuvuga neza ururimi rw’Ikinyarwanda kuko azaba akorana n’abaturage ~umunsi
ku wundi.
- Abakozi bazakurikirana uko amaterasi y’indinganirc yahanzwc mu Mirenge
abyazwa umusaruro (Valorisation of existing radical terraces): 3
Usaba akazi agomba kuba yujuje ibi bikurikira:
- Kuba ari Umunyarwanda;
Kuba afite impamyabushobozi/ impamyabumenyi y’Amashuri atandatu Yisumbuye
‘ Kuba atarigeze akatirwa n`inkiko igihano cy’igifungo cy’amezi atandatu no hejuru
yacyo;
- Kuba atarigeze yirukanwa mu kazi ka Leta;
- Kuba azi gukoresha mudasobwa nibura <<Word>> na <<Excel>>;
- Kuba ari indakemwa mu mico n’imyifatire;
- Kuba azi kuvuga neza ururimi rw’lkinyarwanda kuko azaba akorana n’abaturage umunsi
ku wundi.
- <<Public Works Technical Assistants>>: 6
‘ Kuba ari Umunyarwanda;
‘ Kuba ante impamyabushobozi/ impamyabumenyi y’Amashuri atandatu Yisumbuye
mu birebana n’lkoranabuhanga (A2 Computer Science );
- Kuba atarigeze akatirwa n’inkiko igihano cy’igifungo cy’amezi atandatu no hejuru
yacyo; - Kuba atarigeze yirukanwa mu kazi ka Leta;
- Kuba ari indakemwa mu mico n’imyifatire;
N.B: Amasezerano y`umurimo kuri iyi imyanya y’akazi ni ay’igihe cy`amezi atatu (3) ashobora
kongerwa mu gibe umukoresha abonye ari ngombwa.
Dosive isaba akazi igomba kuba igizwe n’ibi bikurikira
- Iflshi isaba akazi yujujwe neza, iboneka ku rubuga rwa Komisiyo y`abakozi ba Leta
psc.gov.rw;
- Fotokopi y’impamyabumenyi/ impamyabushobozi yasabwe ku mwanya w`umurimo, itariho
umukono wa Noteri;
Ababyifuza kandi bujuje ibisabwa bagomba kugeza dosiye zisaba akazi mu Bunyamabanga rusange bw’akarere, Bitarenze ku wa agatanu tariki ya 05 October 2018 i saa cyenda z’amanywa (15h00)